Abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda baturuka mu bihugu bya - TopicsExpress



          

Abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda baturuka mu bihugu bya Sudan, Lesotho, Gabon, Sudani y’amajepfo na Burukinafaso uyu munsi nibwo bashyikirije Perezida wa Repubulika Paul Kagame, impapuro zibahesha uburenganzira impapuro zibahesha uburenganzira bwo guhagararira ibyo ibihugu hano mu gihugu. Aba ba Ambasaderi batangaza ko bazihatira kurushaho guteza imbere umubano w’ibihugu byabo n’u Rwanda, banavuga ko usanzwe ukomeye.
Posted on: Mon, 21 Oct 2013 17:56:20 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015