MU GIHE UBU LIBYA ABATURAGE BABAYEHO NABI CYANE, HARI ABANSABYE - TopicsExpress



          

MU GIHE UBU LIBYA ABATURAGE BABAYEHO NABI CYANE, HARI ABANSABYE KONGERA KUBEREKA UKO BYARI BIMEZE KADHAFI AKIRIHO: -Umuturage wa Libiya yinjizaga amadolari y’Amerika 14 192 (angana na 9 934 440 RwF ). -Buri umwe mu bagize umuryango leta yamugeneraga amadolari y’Amerika 1000 (angana na 700 000 RwF) ku mwaka. -Abashomeri, leta yabageneraga amadolari y’Amerika 730 (angana na 511.000 Rwf) ku kwezi. -Umushahara w’umuforomo w’ibitaro wari amadolari y’Amerika 1000 (angana na 700.000 RwF). -Umwana wavukaga , leta yamugeneraga amadolari y’Amerika 7000 (angana na 4 900 000 RwF) -Abashyingiranwaga, leta yabageneraga amadolari y’Amerika 64 000 (angana na 44 800 000 RwF) yo kugura inzu. -Uwafunguraga ikigo kigenga (entreprise privée) , leta yamugeneraga amadolari y’Amerika 20 000 (angana na 1 400 000RwF) y’inkunga. -Amahoro (impôts ) menshi yari abuzanyijwe. -Abanyeshuri bigiraga ubuntu. -Kwivuza byari ubuntu. -Kwiga cyangwa kwimenyereza akazi (stage) mu mahanga byishyurwaga na leta. -Hari ibigega by’imyaka yahabwaga abaturage nyamwishi ku giciro gito cyane. -Gucuruza ibicuruzwa byarengeje igihe byahanwaga byihanukiriwe n’amande menshi. -Imiti myinshi yatangirwaga ubuntu. -Amashyanyaraziyari ubuntu ku baturage. -Kugurisha no kunywa ibisindisha (alcool) byari bibujijwe kandi bihanwa n’itegeko. -Nta nyungu zakwaga ku nguzanyo y’imodoka cyangwa inzu. -Iyo umuturage yashakaga kugura imodoka, leta yamutangiraga 50% -Lisansi yaguraga make cyane kurusha amazi. Niba nawe wemera uyu musaza nkintwari ya Afrika, andika R.I.P ubundi ukore SHARE nabandi birebere ukuntu uyu mugabo yari igihangange
Posted on: Sat, 11 Oct 2014 20:12:51 +0000

Recently Viewed Topics




© 2015