Ninde uzi NUR ngo mutere story yahabereye?? Jackson yiga muri - TopicsExpress



          

Ninde uzi NUR ngo mutere story yahabereye?? Jackson yiga muri Management year 3,muri NUR,(NATIONAL UNIVERSITY OF RWANDA), agakundana na Anitha wiga mu 2nd year,! Rero bombi baba muma Hostels (amacumbi)yikigo,bigatuma banarira muri restaurent yikigo ariyo bita KILL ME QUICKLY. Buri munsi bahuriraga muri Restaurent bagasangira nkabacherie, bakarya gake biryagagura ibiryo bakabisigaza byoc,nyamara bashonje, namwe murazi uburyo uturyo twaho tuba ari duke! Buruko bamaraga kurya,Jackson yahitaga yirukankira aho bita Mwirango muturestaurents twa ndagaswi twa 300F, akarya ndetse yari yaraguzeyo abonoment yukwezi! Ejo rero yirukanke amaze gusigaza ibyo muri kill me, ajye mwirango nkuko bisanzwe,akihagera asanga Anitha we agiye kurangiza kurya yamutanzeyo, ahita yikanga niko kubaza Anitha ati: chry burya nawe uza kurira hano? Anitha:ahubwo nawe urantunguye sinarinzi ko ujya uhaza! Jackson:uhm,chry nukuri burya nasigazaga ntahaze nkahita niyizira aha nanatanzemo abonoma yukwezi nabyo uge uza tubisangire! Anitha:oya chry ahubwo wowe numaramo uko kwezi,ntuzatange andi mafranga ujye uza dusangire kuko jyewe natanzemo abonoma yamezi atatu!! Uru rukundo murarwumva mute? Ec birakwiye ko twijijisha kubo dukunda bikadutera gusesagura bidakwiye?
Posted on: Thu, 14 Nov 2013 08:52:39 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015