UBUHAMYA: KUGIRA UBUMUGA NTIBIVUZE KUJYA GUSABIRIZA Nsabimana - TopicsExpress



          

UBUHAMYA: KUGIRA UBUMUGA NTIBIVUZE KUJYA GUSABIRIZA Nsabimana Tharcise utuye mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Huye, atanga ubuhamya ku buzima bwe nk’umuntu ufite ubumuga akaba anenga cyane abitwaza ko babufite bagakwira imihanda kandi wenda atari yo mahirwe ya nyuma bafite. Agendeye ku buryo abayeho, Nsabimana yemeza ko kugira ubumuga bitavuga kwishora mu ngeso mbi zo gusabiriza, kuko ari umuco usebeje uwukora, ukanatesha agaciro igihugu. Uyu mugabo bigaragara ko ageze mu zabukuru, afite ubumuga butuma agendera mu igare, ariko avuga ko yahisemo gucuruza ibyo benshi bazi nk’ikarito (kudandaza uducogoogo), kandi bimubeshejeho n’umuryango we ugizwe n’abantu barindwi. igihe/abantu/success-stories/article/ubuhamya-kugira-ubumuga-ntibivuze
Posted on: Tue, 04 Nov 2014 07:10:30 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015