Uyu munsi mu kiganiro Ten Super Star turabagezaho: 1 Igitaramo - TopicsExpress



          

Uyu munsi mu kiganiro Ten Super Star turabagezaho: 1 Igitaramo ry’irushanwa rya PGGSS3 live, muhanga ryaranzwe n’udushya mu myambarire ari uburwayi mu bahanzi ntibwari buboroheye. 2. Nyuma yuko amasezerano hagati y’abafite uruhare ku ndirimbo Kanda amzi (aba Dj, Kina music na Maliva ) bemeranyije ko itazongera gukinwa , Dream boys bo bongeye kuyiririmba muri Guma guma I muhanga. 3. Mu gihe twizihije umunsi wo kwibohora kuya 1/07 , Turabagezaho uko abahanzi bari bagize Jazz band bari mu ngabo z’u Rwanda bafashaga ingabo mu bihangano byabo bigatuma ingabo zidacika intege bityo igihugu kiza kubohorwa . 4. uko isabukuru y’umuhanzi AMAG The black yagenze 5. Nubwo Princisse Priscilla atarambiwe ko abantu bamubaza ku rukundo rwe na king James , ku rundi ruhande akomeje kwemeza ko ntarukundo bafitanye. 6.Umuhanzi nizo we kubera kubyina cyane ipantaro iracika mu kuganira nawe arasetsa cyane. 7.Hit of the week na cyuzuzo 8.Hanze : Uwigeze kuba umukunzi wa 50 cent yamaze kumujyana mu rukiko 9. Nyuma ya Rihanna na Ritha ora ngo Jay zee yaba yabonye undi mwana w’imyaka 16 agiye gishyira kurwego nk’urwa ba Rihanna. Keep in touch Kate Gustave,M.Jerome, Cyuzuzo na Bazil.
Posted on: Sun, 07 Jul 2013 17:20:34 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015