Uyu munsi nk’uko twabivuganye ejo, turakomeza isomo ryacu rya - TopicsExpress



          

Uyu munsi nk’uko twabivuganye ejo, turakomeza isomo ryacu rya HTML! Kubo twatangiranye rero ubushize Jean de Dieu, yasobanuye mu magambo make website icyo aricyo, a web page icyo aricyo ndetse anagaragaza uko web page yubakwa mu magambo make hifashishijwe scritng language ya HTML. Abakurikiye ndetse bakanabiha umwanya mwabashije gukora your fist web, igizwe n’interuro imwe, ivuga ngo:”welcome to my first website”. Ndahamya ko code mukizibuka! Ubu rero nk’uko yari yabahaye zimwe muri codes z’ingenzi kugira ngo ubashe kugaragaza webpage yawe, noneho tugiye kureba uko twakomeza kuri text treatment gusa twifashishije zimwe muri za tags yari yamaze kubereka nka … …,… (ku bijyanye na tags rero muze gukurikira ndabizi hari abakeka ko wenda ziba nyinshi ugasanga bigoye ariko nyamara nta cyroshye nkazo kuko ziba ari terminology zisanzwe bahina, urugero ni “paragraph”, ku bantu bazi gukoresha Microsoft word neza barasanga na ari “heading 1”, nk’uko bisanzwe muri word cyane cyane ku bazi gukora table of content,bazi neza izi heading) Aha rero ndangirango duhere kuri iriya tag ya , iyi akaba ari tag tuzahura nayo kenshi cyane kuko icyo imaze nk’uko nabivaugaga haruguru ni ukugaragaza paragraphs, Reka dukomereze rero kuri pages twari twakoreyeho ubutaha Welcome to my Website This my first Web page about WEBSITE This my italic text this a paragraph and describes what a webpage is This is another paragraph and we are really sorry for no content Dear friends, keep patience we are still experiencing our web Murabona ko twatangiye paragraph yacu dukoresheje ,tukanayisoza dukoresheje Bivuze ko tubona aho paragraph yacu itangirira ndetse n’aho irangirira, bivuze ko buri paragaraph yacu igomba gutangizwa na kdi inasozwa n’izi tags nk’uko nabikoze haruguru! Aha rero kuabamaze kugerageza izi code, mwabonye ko noneho hagati ya buri paragraph n’indi hagiye hazamo umwanya(space) nk’uko bisanzwe bigenda mu myandikire. Twihuse rero kuri iyi ngingo ndagirango nkomereze ku yindi tag kuko nimukomeza kugerageza izi code muraza gusanga paragraphe zanyu zigizwe n’umurongo umwe w’ikirometero bitewe na text mushyiraho uko ireshya. (mbibutse ko programming isaba gukubagana, mugomba kujya mugerageza byinshi kubyo tubabwira mukareba icyo bitanag aho bibacanze mukabaza) Tag navugaga rero ni iyitwa “break” , ikaba ifite umwihariko wo kuba single tag, mu gihe twabonye ko izindi tags zigira opening tag na closing tag, iyi yo ikora yonyine kuko ubusanzwe ikoreshwa hagati muri text kugirango uve ku murongo ukomeze kuwundi aho kugira ngo paragraph yawe ibe igizwe n’ikirongo kimwe gikururuka , ahubwo ibe igizwe n’imirongo myinshi nk’uko nagiye nandika, bisobanuye ko muri paragraph imwe hashobora kubonekamo nyinshi zoshoboka bitewe n’uburebure bwa paragraph yawe. Urugero rufatika: Paragraphs A definition list is designed for glossaries. There are two parts to a definition list: Term and Definition. The Term format leaves your glossary term at the left margin while the Definition format indents your definition. You can create a definition list with the Definition List You can nest bulleted lists and numbered lists. When you nest lists, the nested list will be indented from the first list. With nested bulleted lists, a different bullet will be assigned to differentiate the nested list. Murabona ko nakoresheje zirenze imwe kugira ngo mbashe kugaragaza paragraphs zanjye neza kdi ku mirongo irenze umwe mukaba mubona ko nta closing tags zifite ureste paragraphs nizo zigiye zifite opening na closing tags! Tumaze rero kubona uko bategura text mu ma pagaragraphs noneho reka tuharuke kuri za tags za Heading , Nk’uko nabivuze kare rero izi heading zikoreshwa mu gukora “titles”, aha rero titles zawe zikaba zihinduka bitewe n’uko wowe wifuza ko text zawe zimera n’uko uzikurikiranya. Tudatinze cyane rero nkaba nshaka kubereka ko iz headings zirutana nk’uko basanzwe bandika ibitabo n’andi ma text maremare kuko titles na subtitles mu mategeko y’imyandikire ziba zitangana! Niyo mpamvu rero tags za Heading zigira imibare yihonhera kuri iriya letter “H”, ariho hava rero h1, h2,h3,……h6, NB: ntago zijya zirenga h6 nk’uko bisanzwe bigenda no muri word processor!! Twighuse rero nkabahera urugero rimwe tukiri kuri title, ndashaka ko tureba n’izindi tags bigendana mu buryo bwo kugaragaza titles zawe neza,urugero ushaka ko ziba bold, underlined, or italic!! Ibi nabyo birorshye cyane kuko uko murebe ariya magambo niko na tagsa ziyakomokaho ziteye Niba ushaka ko title yawe iza ari BOLD ukoresha tags ya “B” Title Niba ushaka ko title yawe iza ari UNDERLINED ukoresha tags ya “U” Title Niba ushaka ko title yawe iza ari ITALIC ukoresha tags ya “I” Title Aha ndabizi benshi baribaza ngo none se ninshaka kubikoresha byose icyarimwe nzabigenza nte? Igisubizo kiroroshye cyane kuko ziriya tags zose ushobora kuzishyira kuri title imwe ariko nanone ukibuka gufunga buri kimwe wafunguye kdi by order, niba wabanje gufungura , niyo uzafunga nyuma bityo bityo! Urugero: Welcome to my web! Ndakeka byabaye byinshi ariko mwihangane mbahe akandi kantu kamwe kandi ndakeka ko gatuma uyu munsi murara mwishimiye ibyo mushobora gukora muri web designing cyane cyane mu gutunganya text aha nkaba ngiye kubereka ibijyanye na Listing kuko nayo ni ingenzi muri text zacu. Urugero niba dushaka gukora nka nka list y’amarangi dukeneye tuzandika ibi bikurikira ku rupapuro rwacu: Amarangi dukeneye: • Umukara • Ubururu • Umutuku Cg se twandike ngo: Amarangi dukeneye: 1. Umukara 2. Ubururu 3. umutuku Isn’t it interesting guys?!!!!Ok twagiye, Ndatangira nsobanura aho ziriya list zombi zitandukaniye, hari icyo twita” ordered list” na “unordered list” Gukora listing rero muri html, twifashisha ariya amagambo yombi bitewe na list dushaka uko iraba imeze, iyo tuvuze ordered list, birumvikana ko ari rirya iza iriho numbers, 1,2,3,…, naho unordered list yo ni iriya twabonye mbere nta numbers zizaho hazaho akadomo imbere ya buri item. Twagiye na code rero noneho, uko ariya magambo ameze ni nako tags ziteye: Ordered list ………… Unordered list ……. Muri make ubwo list itangizwa ikanasozwa ni imwe muri ziriya tags bitewe na listing ushaka gukora Iyo bigeze kuri items rero naho dukoresha ijambo ngo “List item”, List item rero nabyo bibyara tags zikurikira ….. Reka rero turebe izi codes noneho zuzuye neza tugendeye ku rugero twari dufite haruguru rw’amarangi Amarangi dukeneye: umukara ubururu umutuku Ndakeka nta kigoye kindi kirimo murabona ko byoroshye. Hanyuma ku bashaka ordered list birumvikana ko codes twakoresheje haruguru igihinduka ari .., dusimbuza …,ubundi list yacu igahita iza ifite numbers. Mugerageze izo codes muzishyire muzo twari dufite haruguru ubundi mwirebere!! Mukomeze rero mugerageze ubundi tuzakomeza ubutaha turebera hamwe uko bakora tables muri HTML. Aho mudasobanukirwa mubaze, ndabizi byabaye byinshi ariko ndahamya ko nimubiha umwanya musanga mutavunikiye ubusa.
Posted on: Thu, 28 Aug 2014 10:58:27 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015