aha ko mbona bikaze ra. MINEDUC yafashe icyemezo - TopicsExpress



          

aha ko mbona bikaze ra. MINEDUC yafashe icyemezo ko umunyeshuri wemerewe kwiga kaminuza mu Rwanda yaba iya Leta, yaba iyigenga ari uwatsinze amasomo abiri yingenzi mu bizamini bisoza amashuri nyisumbuye.Ibi ni mu rwego rwo gukomeza ireme ryuburezi mu Rwanda.Iki cyemezo kiranareba abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere ku buryo abatujuje ibingibi bagomba guhita birukanwa. Ese wowe urabitekerezaho iki? Ni miki cyiza ubibonamo?Ni iki kibi ubibonamo? Usanga hari impinduka bigiye kuzana mu gihugu?
Posted on: Thu, 14 Nov 2013 08:32:33 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015